You are currently viewing Amahugurwa kuri Politiki yo Kurinda no Kurengera abana

Amahugurwa kuri Politiki yo Kurinda no Kurengera abana

Ikaze ku mahugurwa kuri Politiki yo Kurinda no Kurengera abana muri Rwanda Scouts Association. Muri aya mahugurwa muramenyeramo ibi bikurikira.

=>  Impamvu nka RSA tugomba kugira Politiki zitandukanye no kuzikurikiza.
=>  Abo politiki za RSA zireba ndetse n’icyo basabwa mu kuzubahiriza, 
=>  Amahame y’Ingenzi mu Kurinda no Kurengera abana muri RSA, 
=>  Amoko atandukanye y’ihohoterwa rikorerwa abana, 
=>  Icyo Abayobozi b’Abaskuti basabwa mu rwego rwo kurinda no kurengera umwana,
=> Uburyo bwo gutanga amakuru mu gihe habaye ihohoterwa cyangwa ibindi
     bikorwa  
bigangamiye uburenganzira bw’umwana. 

Reba iyo video iri hasi iramara iminota itarenze 20. Nuyirangiza muri Comment urahabona link ikujyana ku isuzumabumenyi. Nurisoza ubonye amanota 80% uzahabwa Certificat igaragaza ko warangije neza amahugurwa ya Child protection Policy. 

Ubuskuti – Imbere Heza.

NIba ushoje Video, twizeye neza ko hari ubumenyi wungutse kandi buzagufasha kurinda no kurengera abana. Noneho kanda kuri iyi link, ukore isuzuma riguhesha Certificat yawe. https://forms.gle/tcS7HK26AvndCV1C9

Ukeneye ubufasha cyangwa amakuru kuri Rwanda Scouts Association wakwifashisha uburyo bukurikira: Telephone: 0784669246 Email: info(at)rwandascout.org Website: www.rwandascout.org Facebook Page: https://www.facebook.com/RWANDASCOUTS/ Facebook Group: https://www.facebook.com/groups/rwand… Twitter: https://twitter.com/rwandascouts Instagram: https://www.instagram.com/rwanda_scouts/

This Post Has 2 Comments

  1. MUGWANEZA MANZI Audace

    Iyi politiki yo kurinda no kurengera abana ningirakamaro kandi nyimenyeye ku gihe niba ntarakerewe, Nituyimanura ikagera ku rwego rw’amatorero ifazasha abana gutekana igihe bari mubikorwa by’ubuskuti no gutekana mubindi bikorwa bahuriramo n’abandi bantu, nk’umuyobozi w’umutwe mbere na mbere mbanze kurengera abana ndera. Nsura kenshi ururubuga ariko mbonyeko nahanyuruga nikiza(ntasoma amahugurwa ariho ) gusa ubu ngiye kujya mbikurana ntarangaye. nkoze ikizamini kirihejuru kandi ningitsindwa nzasubiramo mpaka mbisobanukiwe kurushaho. Murakoze Shefu !

Leave a Reply